AmakuruImikino

Urukuta rwa  stade ya Muhanga rwahirimye 

Urukuta rwa  stade ya Muhanga rwahirimye  ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 30 Mutarama 2019 , ubwo hagwaga imvura  ivanzemo umuyaga mwinshi.

Yavuze ko mu gihe bagitegereje ko  ubuyobozi bw’Akarere busana ahasenyutse ngo bazaba bakinzeho ihema.

Iki gikuta gisenyutse habura igihe gito ngo kiberemo imikino yo kwishyura ya Shampiyona, Ubuyobozi bwa AS Muhanga buvuga ko mu gihe bagitegereje ko  ubuyobozi bw’Akarere busana ahasenyutse ngo bazaba bakinzeho ihema.

Urugi rwo hepfo narwo habuze gato ngo ruguruke, uru rukuta rwasenyutse ahagana sa kenda kuri uyu wa Gatatu, abantu benshi bari bagiye kugama,  abari basigaye bari kure y’icyo gikuta cyaguye nta muntu cyaba cyahitanye..

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger