AmakuruUtuntu Nutundi

Umusaza w’imyaka 70 yaguye mu matako y’abanyeshuri babiri bishimishanyaga ashaka kubemeza

Umusaza w’imyaka 70 wo mu gihugu cya Nigeria uzwi ku izina rya Collins Iheanachonwo yaguye mu matako y’abakobwa babiri b’abanyeshuri bo muyisumbuye bigize abaslay queen ashaka kubemeza.

Amakuru avuga ko uyu Nyakwigendera mbere y’urupfu rwe bavugwa ko yari afite akamenyero n’ingeso yo kuryamana n’abakobwa b’abangavu cyane.Nk’uko amakuru abitangaza, aba bakobwa bombi, biga mu mashuri yisumbuye , bubahirije ubutumire bw’umusaza bwo guhura na we, ariko bombi ntawe wari uzi ko arahurirayo n’undi maze bisanga bombi muri Hoteri. Igihe yari mu buriri hamwe n’abakobwa bombi, batangiye kugirana ibihe byiza ndetse batera akabariro.Uyu musaza ubwo yari arangije kuryamana n’umwe muri aba bakobwa yatangiye kubura umwuka kugeza apfuye.

Aba bakobwa bato babonye ibibaye bahise bahunga ariko baza gufatwa na polisi yo muri kiriya gihugu aho bahise batabwa muri yombi.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger