AmakuruUrukundo

Umugore yishimiye akabariro yatewe n’umujura wamufashe ku ngufu bimutanya n’umugabo we

Umugore uri mu kigero cy’imyaka 30 uvuga yitwa Janet, yavuze uko bwa mbere kuva yashaka yasambanyijwe ku ngufu n’umujura akamushimisha bikomeye, umugabo we wabirebaga agahitamo guhita asaba ko batandukana.

Janet uvuga ko afite abana babiri, avuga ko atigeze asambana mbere yo kubana n’umugabo we. Ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko yari isugi kandi ntacyo byari bimutwaye kugeza ubwo yabonye indi nkuru yo kubara bitewe n’abajura.

Avuga ko uretse umugabo we, nta wundi mugabo bari barigeze baryamana ngo yumve uko byaba bitandukanye n’ibyo amenyereye kugeza ubwo yafatwaga ku ngufu, ingingo yamukururiye ibibazo.

Ati: “Ubwo nafatwaga ku ngufu, nari imbere y’umugabo wanjye. Ubusanzwe nkora muri banki, ubwo nashakanaga n’umugabo wanjye mu myaka umunani ishize, sinari narigeze menya ko nagira ibyishimo mu gihe cy’akabariro no kurangiza.”

“Nabimenye ari uko njye n’umugabo wanjye tugiye gusura ababyeyi b’umugabo wanjye mu cyaro mu bihe bya Pasika. Ahagana mu masaa saba z’igicuku, amabandi arindwi yagabye igitero mu rugo kwa Databukwe, byari biteye ubwoba.”

Yakomeje agira ati: “Ayo mabandi yabanje kwiba ibintu bifite agaciro byari mu nzu, birangiye, uwari ayoboye ayo mabandi yavuze ko ashaka kunsambanya. Yahise azirikira umugabo wanjye ku ntebe, ashwanyaguza imyenda yanjye, ahita anyereka ubugabo bwe, ngo agiye kubunkoreshaho.”

“Nagize ubwoba, ndamwinginga ndarira ndatakamba ariko biba iby’ubusa. Ibyari bigiye kuba byari bigiye kwangiriza urushako rwanjye. Mu gihe njye nari nakabaye numva ububabare, siko byagenze. Uwo mujura ubwo yari atangiye, numvise meze nk’ufashwe n’amashanyarazi ntigeze numva mu buzima bwanjye kuva nabaho. Ntabwo nibuka igihe natangiriye kumufata nkamukomeza, natangiye kuvuza induru mvuga nti Mana yanjye, ibyishimo byandenze, ninginze uwo mujura ngo akomeze, ntahagarare. Abandi babibonye nk’aho nari nishimiye ko ndigufatwa ku ngufu.”

“Nyuma nibwo bamwe bambwiye ko navuzaga induru igihe nabaga ngiye kurangiza. Niko bimeze kuko nibwo bwa mbere nari ngiye kurangiza kandi nafashwe ku ngufu. Uwo mujura yarabikoze biratinda nk’inshuro ebyiri. Abari aho bavuga ko nabyishimiye njye simbizi gusa icyo nemeza ni uko umugabo wanjye atigeze ankorera ibintu uwo mujura yankoreye.”

“Abajura bamaze kugenda, nasigaye meze nk’utazi iyo ndi. Umugabo wanjye yarankubise cyane bakigenda. Yanyise amazina menshi ntasubiramo, ngo ndi indaya, ngo ntiyakomeza kubana nanjye. Namaze mu bitaro ibyumweru bibiri bitewe n’ibyo umujura yakoze ndetse n’inkoni nakubiswe.”

“Umugabo yantaye mu bitaro, asubira mu rugo. Narangiritse icyo gihe, ndibaza ni gute ibintu nk’ibyo byambaho? Ni gute naba narishimiye igikorwa kibi nka kiriya cyabaga ku mubiri wanjye? Ibyo nibyo bibazo nakomeje kwibaza ubwanjye.”

“Nkiva mu bitaro, nasanze umugabo yaramaze gutegura impapuro za gatanya ngo nzisinye. Narwamwinginze, ababyeyi banjye nabo babijyamo gusa ararahira ngo ntabwo ibyo yiboneye n’amaso ye byatuma ampa imbabazi.”

Janet avuga ko icyo umugabo atsimbarayeho mu kumuha gatanya ari uko ubwo yari arimo afatwa ku ngufu, aho kugira ngo agaragaze ko ari mu buribwe, yatakaga, ibyishimo byamurenze, asaba umujura ngo nakomeze kugeza ageze ku ndunduro.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger