
Guma mu rugo: Perezida Kagame yavuze uko bizagenda nyuma ya tariki 30
Perezida Paul Kagame yavuze ko harimo gukusanywa amakuru azashingirwaho mu gufata icyemezo kizagenderwaho nyuma ya tariki 30, harebwa niba abaturarwanda bagomba kuguma mu rugo cyangwa […]