
Inama y’Abaminisitiri yemeje zimwe muri serivise zakomorewe gukomeza gukora
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 30 Mata 2020, iyobowe na Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yemeje imyanzuro ya serivise […]
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 30 Mata 2020, iyobowe na Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yemeje imyanzuro ya serivise […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwand Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki 27 Mata 2020 yakuye […]
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 27 Mata 2020, umunyamakuru wa Radio Mpuzamahanga y’ Abafaransa RFI n’ikinyamakuru cyandika Le […]
Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko gutanga amadolari angana na miliyoni imwe mu Muryango w’Ubumwe bw’ Afurika (AU) yo gufasha mu guhangangana […]
U Rwanda rwageneye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) inkunga ya miliyoni y’amadorali, akabakaba miliyari y’amafaranga y’u Rwanda yo guhangana n’icyorezo cya Coronavirus. Byatangajwe na […]
Gloria Kayitesi umugore wa Lt. Joel Mutabazi uherutse kugumishirizwaho n’urukiko rw’ubujurire gukomeza igifungo cya burundu, yasabye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame guca inkonizamba […]
Mu ijambo rye i Berlin mu Budage kuri uyu wa Kabiri, aho yitabiriye inama y’ishoramari ihuza ibihugu 20 bikize ku Isi n’ibihugu byo ku mugabane […]
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaburiye abashaka guhungabanya umutekano w’igihugu, abasaba kwitandukanya na byo mu maguru mashya, bitaba ibyo bakazabiryozwa ku kiguzi kiri hejuru. Mu […]
Icyamamare mu mukino wa Tennis ku isi Maria Sharapova uri mu Rwanda mu biruhuko, ku munsi w’ejo ku wa Gatatu yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame mu kiganiro yagiranye na Televiziyo yo muri Kenya, NTV, cyibanze ku ngingo zitandukanye zirimo iterambere ry’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, […]
Copyright © 2021 | Designed and Powered Teradig LTD