AmakuruImikino

Lionel Messi agiye kwerekeza muri Sinema

Rutahizamu w’Umunya-Argentine Lionel Messi wamenyekanye muri FC Barselona , ubu akaba akinira ikipe ya Enter Miami yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, agiye gutangiza inzu itunganya Sinema muri Amerika na Argentine.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Hollywood Reporter, yavuzeko 525 Rosario Studio ya Lionel Messi izajya itunganya Sinema ndetse abakozi benshi bayo bayiyobora bakaba ari abo mu muryango wa Messi.

Lionel Messi yageze muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika avuye muri Psg yo mu Bufaransa , nyuma yo kwandika amateka muri FC Barselona aho yatwaye Ballo Dor 8 , bimugira umukinnyi wa mbere ku Isi.

Lionel Messi yavutse tariki 24 , Kamena 1987 yatwaye igikombe cy’Isi muri 2022 arikumwe na Argentine batsinze Ubufansa kuri Penalite.-hafite-agaciro-mpuzamahanga-hakeneye-kubungabungwa

Twitter
WhatsApp
FbMessenger