AmakuruPolitiki

Dr.Mijawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe ku nshingano yari afite

Kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2024, Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho.

Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, rivuga ko iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo, “ari ukubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho”.
Itangazo

Twitter
WhatsApp
FbMessenger