Amakuru ashushyeInkuru z'amahanga

Burundi: Abasirikare bagera muri 80 biciwe mu ishyamba rya Kibira.

Igihugu cy’u Burundi kiri mugahida gakomeye nyuma yo gupfusha abasirikare 80  bivanzemo n’ab’iyindi mitwe yitwaje intwaro   bose basazwe bapfiriye  mu ishyamba rya Kibira.

Guverinoma y’UBurundi yirinze kwemeza ayamakuru cyangwa ngo iyahakane, gusa amakuru dukura ahantu hizewe avuga ko imirambo y’aba basirikare  kugeza ubu iri mu bitaro   bya gisisrikare. Mu bitabye Imana harimo  abasirikare b’Uburundi (FDNB), inyeshyamaba za FDLR akaba ari nazo zirwanya ubutegetsi  bw’u Rwanda,abo mu mbonerakure ndetse n’abandi benshi.

Ibyo byose byabereye mu ishyamba  rya Kibira  mu mugambi wa Guverinoma y’Uburundi wogukomeza guhuriza hamwe  abasirikare bayifasha  muri gahunda zayo  zo kugaba ibitero ku gihugu cy’u Rrwanda.

Bamwe mubasesenguzi bakomeye  batangaje ko izo ngabo zishobora kuba zishwe  biturutse  ku gusubiranamo   hagati yazo cyane ko kugeza magingo aya  ntamuntu urafatwa  cyangw ango akurikiranweho ubwo bwicanyi.

Amakuru atugeraho yemeza ko Guverinoma y’i Burundi  ikomeje  guha imyitozo  ya gisirikare idasazwe  aho ngo ‘’ bakeneye  abasirikare  ibihumbi 50  biganjemo  abo mu mitwe isazwe irwanya ubutegetsi  bw’u Rwanda  mu rwego  rwo  kwitegura  kurugabaho ibitero bikomeye.

Muri iri shyamba rya Kibira si ubwambere  habonetsemo  imirambo y’Abasirikare kuko no mu Kwezi kwa Gicurasi  uyu mwaka hagaragayemo  imirambo  isaga 32 yari yambaye  impuzankano y’Ingabo za Leta ya Congo.Igihugu cy’u Burundi kiri mugahida gakomeye nyuma yo gupfusha abasirikare 80  bivanzemo n’ab’iyindi mitwe yitwaje intwaro   bose basazwe bapfiriye  mu ishyamba rya Kibira.

Guverinoma y’UBurundi yirinze kwemeza ayamakuru cyangwa ngo iyahakane, gusa amakuru dukura ahantu hizewe avuga ko imirambo y’aba basirikare  kugeza ubu iri mu bitaro   bya gisisrikare. Mu bitabye Imana harimo  abasirikare b’Uburundi (FDNB), inyeshyamaba za FDLR akaba ari nazo zirwanya ubutegetsi  bw’u Rwanda,abo mu mbonerakure ndetse n’abandi benshi.

Ibyo byose byabereye mu ishyamba  rya Kibira  mu mugambi wa Guverinoma y’Uburundi wogukomeza guhuriza hamwe  abasirikare bayifasha  muri gahunda zayo  zo kugaba ibitero ku gihugu cy’u Rrwanda.

Bamwe mubasesenguzi bakomeye  batangaje ko izo ngabo zishobora kuba zishwe  biturutse  ku gusubiranamo   hagati yazo cyane ko kugeza magingo aya  ntamuntu urafatwa  cyangw ango akurikiranweho ubwo bwicanyi.

Amakuru atugeraho yemeza ko Guverinoma y’i Burundi  ikomeje  guha imyitozo  ya gisirikare idasazwe  aho ngo ‘’ bakeneye  abasirikare  ibihumbi 50  biganjemo  abo mu mitwe isazwe irwanya ubutegetsi  bw’u Rwanda  mu rwego  rwo  kwitegura  kurugabaho ibitero bikomeye.

Muri iri shyamba rya Kibira si ubwambere  habonetsemo  imirambo y’Abasirikare kuko no mu Kwezi kwa Gicurasi  uyu mwaka hagaragayemo  imirambo  isaga 32 yari yambaye  impuzankano y’Ingabo za Leta ya Congo.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger