AmakuruImikino

Niki kirinyuma y’ibitangazwa na bamwe mu bahoze ari abakozi ba Rayon Sport babinyuza kumbuga nkoranya mbaga?

Muribi bihe icyorezo cya COVID-19 cyugarije igihugu cyacu ndetse n’isi muri rusange , mu ikipe ya Rayon Sport harangwamo umwuka utari mwiza , aho buri munsi hasohokaga inkuru zitandukanye zivuga kubibazo bir muriy’ikipe y’ubukombe mu Rwanda.

Muribi bihe u Rwanda n’isi muri rusange tumazemo iminsi bya COVID-19 ,Rayon Sport yaranzwe no kutumvikana   n’umuterankunga wayo SKOL , kutumvikana n’abakinnyi kumwanzuro iyi kipe yari yafashe yo guhagarika imishahara yabo , kutumvikana hagati y’ubuyobozi bwiyi kipe n’ubuyobozi bwamahuriro ya bafana (FanBase) , kutumvikana kumuyobozi wa Rayon Sport MUNYAKAZI Sadatte narutahizamu wiyi kipe Micheal Sarpong byatumye anirukanwa muriyi kipe , kwegura kwabamwe mubagize comitte nyobozi yiyi kipe.

Nyuma y’uko akanama gahinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu Rwanda FERWAFA gahamageje umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sport Munyakazi Sadate n’umuvugizi w’iyikipe Jean Paul NKURUNIZA ngo basobanurea mwe mumagambo bakoresheje binyuze ku mbuga nkoranya mbaga.

Kwikubitoro Munyakazi Sadate umuyobozi wa Rayon Sport  yagize ati “Ubuyobozi bwiza bushingira ku cyizere ufitiwe nabo uyobora, iyo bagutakarije icyizere inzira nziza ushobora guhitamo ni UKWEGURA, ntago wayobora abantu batakubonamo icyizere niyo mpamvu mpamya ko iyi nama ariyo nziza ku buyobozi Bwa FERWAFA, Mu kuri nta crédibilité ugifitiwe

Akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA kafatiye ibihano umuyobozi wa Rayon Sport hamwe n’umuvugizi w’iyi kipe , nyuma yo gusanga ubusabanuro batanze ntashingiro bufite.

Nyuma y’uko umuyobozi wa Rayon Sport ahanishijwe kumara amezi 6 atagaragara mubikorwa ibyaribyo byose bifite aho bihuriye n’umupira wamaguru mu rwanda , ndetse n’umuvugizi w’iyi kipe agahanishwa imikino 4 atagaragara ku kibuga , akanama ngishwanama kiy’ikipe kagizwe nabageze kuyobora iyikipe mu bihe byashize kafashe inshingano zo kuyobora iyipe muribibihe iyi kipe iri mu bibazo.

akanama kagizwe na Ruhamyambuga Paul, Theogene Ntampaka, Ngarambe Charles, Muhirwa Prosper, Gacinya Chance Deny, Dr Emile Rwagacondo, Ngarambe Charles na Paul Muvunyi bigeze kuba mu buyobozi bw’iy’ikipe mu bihe byashize kamaze gufata iyikipe byagateganyo , haracicikana amakuru amwe namwe avugako baba aribo bazakomezanya n’ikipe kugeza umwaka w’imikino usojwe , nanone kandi bikomeje gutera urujijo abantu ni bumwe mutumwa buri guca kumbuga nkoranya mbaga butanzwe nabamwe mu barabakozi ba Rayon Sport batabashije kumvikana n’umuyobozi w’iyikipe Munyakazi Sadate.

Mu butumwa uwahoze ari rutahizamu w’iyikipe Micheal Sarpong yanyujije kurukuta rwa Instagram asaba abafana ba Rayon Sport gukeka uwaba amwandikiye ubutumwa bugifi , byateye bnshi kwibaza niba byaba ari amarenga ko yaganirijwe akaba yaguma mur’ikipe , nubwo yari yamaze kwirukanwa.

ubutumwa Sarpong yanyujije kurukuta rwe rwa Instagram

nyuma ye gato uwahoze atoza iyi kipe Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho nawe binyuze kurukutwa rwe rwa Instagram mu ifoto yambaye imyenda yakoreshaga akiri mur’iyikipe ya Rayon Sport iherekejwe nubutumwe bubazi ati “Ndasinya amasezerano muri Brasil cg ndajya mumahanga?” byateye benshi kwibaza koko niba ataba agiye kugarurwa naba bayobozi bashya bafite iyi kipe.

Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho
ubutumwa bwa Robertinho kuri Instagram

Twitter
WhatsApp
FbMessenger