ImyidagaduroUtuntu Nutundi

Nabyo bibaho! Umukobwa wavutse atagira igitsina yakorewe ikindi mu ruhu rw’Ifi-AMAFOTO

Ibi ni ibintu bidasanzwe kuri iy’Isi, Umukobwa wo muri Brazil witwa ucilene Marinho w’imyaka 23 wavukiye mu gace ka Ceará, yakorewe ibitangaza n’abaganga maze bamushyiraho igitsina mu gihe yari yaravutse ntacyo afite.

Uyu mukobwa wari ikizungerezi , abaganga baramubaze bamuteraho igitsina gikozwe mu ruhu rw’ifi ndetse banamushyiraho ibikenerwa byose ku buryo nta kabuza ubu ashobora kubyara mu gihe yari afite agahinda ko adashobora kubyara bitewe nuko yavutse nta gitsina afite.

Uyu mukobwa yabaye uwa mbere mu mateka y’iy’Isi washyizweho igitsina ndetse n’indi myanya myibarukiro nka nyababyeyi, abaganga babimukoreye muri Mata uyu mwaka.

Marinho yavukanye indwara yitwa Mayer-Rokitansky-Küster-Hause ituma umuntu atagira igitsina, nyababyeyi n’indi myanya myibarukiro,ariko yavuwe neza ndetse yatangarije abanyamakuru ko yabashije gukora imibonano mpuzabitsina mu mpera z’umwaka ushize bikagenda neza.

Nyuma yo kubagirwa mu bitaro bya bikuru bya kaminuza ya Ceara, Marinho yahawe imyanya myibarukiro nyuma yo kumubaga bagakora umwenge aho igitsina kigomba kuba kiri ndetse bamufasha kubona imyanya ifasha kwibaruka,bakoresheje uruhu rw’ifi ya Tilapia.

Nkuko aba baganga babivuze,uru ruhu rwa Tilapia bakozemo igitsina cy’uyu mukobwa wavutse ntacyo agira,rwageze mu mubiri ruhinduka nk’umubiri w’umuntu usanzwe ndetse abasha gukora imibonano mpuzabitsina.

Nyuma yo kumara ibyumweru 3 avurwa Marinho yavuze ko yishimiye kubona igitsina kuko yumvaga atazabasha kubaho atabyara ndetse avuga ko ababyeyi be bamukoreye umunsi mukuru.

Yagize ati “Byari ibintu bishimishije kuko umuryango wanjye wakoze ibirori kuko nabonye igitsina.Birashimishije kuko nta bubabare nahuye nabwo.Nkimenya ko nta gitsina ngira nararize cyane,kuko siniyumvishaga ukuntu nzabaho ntabyara.”

Uyu mukobwa yatangaje ko nyuma yo kuvurwa,yifuje gukora imibonano mpuzabitsina,agira ubwoba ko bishobora kumusigira uburibwe bwinshi,gusa yavuze ko mu mpera z’umwaka ushize yabashije kuryamana n’umusore bakundana witwa Marcus Santos bigenda neza.

Dailymail yanditse ko iki gitsina gikozwe mu ruhu rw’ifi cyatunganyirijwe muri kaminuza ya Federal University of Ceara none uyu mukobwa ari kuryoherwa n’imibonano mpuzabitsina.

Marinho yavukanye indwara yitwa Mayer-Rokitansky-Küster-Hause ituma umuntu atagira igitsina, nyababyeyi n’indi myanya myibarukiro.

Uyu mukobwa uri kuvugwa ahantu hose, yabwiye Dailmail ko nyuma yo kuvurwa, yifuje gukora imibonano mpuzabitsina akagira ubwoba ko bishobora kumusigira uburibwe bwinshi,gusa yavuze ko mu mpera z’umwaka ushize yabashije kuryamana n’umusore bakundana witwa Marcus Santos bigenda neza.

Byagenzegute?

Ubundi iki gikorwa cyabereye mu bitaro bya bikuru bya kaminuza ya Ceara, Marinho yarabazwe bakora umwenge ahasanzwe haba igitsina bamufasha kubona imyanya ifasha kwibaruka,bakoresheje uruhu rw’ifi ya Tilapia.

Nkuko aba baganga babivuze,uru ruhu rwa Tilapia bakozemo igitsina cy’uyu mukobwa wavutse ntacyo agira,rwageze mu mubiri ruhinduka nk’umubiri w’umuntu usanzwe.

Nyuma yo kumara ibyumweru 3 avurwa Marinho yavuze ko yishimiye kubona igitsina kuko yumvaga atazabasha kubaho atabyara ndetse avuga ko ababyeyi be bamukoreye umunsi mukuru.

Uyu mukobwa yari yaravutse na gitsina afite
Ngo yakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we bumva nta kibazo
Yakorewe igitsina gikozwe mu ruhu rw’ifi

Twitter
WhatsApp
FbMessenger