AmakuruAmakuru ashushyeImikino

Mu mafoto, irebere amakipe y’ibihugu yamaze kugera mu Burusiya

Mu gihe habura iminsi itatu yonyine ngo ikikombe cy’Isi cy’ibihugu mu mupira w’amaguru gitangire, amakipe hafi ya yose yamaze kugera mu gihugu cy’Uburusiya aho iyi mikino iteganyijwe kubera guhera ku wa kane, Tariki ya 14 Kamena 2018.

Ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 8 ni byo bigomba guhatana, bikishakamo kimwe kigomba gusimbura Ubudage bwatwaye igikombe cy’isi cyo mu 2014 gitsinze Argentina 1-0 ku mukino wa nyuma.

Dore amafoto y’amakipe y’ibihugu yamaze gusesekara mu gihugu cy’Uburusiya.

Ikipe y’igihugu ya Espagne La Furia Roja ni yo yabimburiye izindi kugera mu gihugu cy’Uburusiya.

Ikipe y’igihugu ya Argentina na yo yamaze gusesekara mu Burusiya.
Aha abakinnyi ba Argentina bari bakiri mu ndege.
Bari ku kibuga cy’indege.
Australia na yo yamaze gusesekara mu Burusiya.
Australia.
Ubu tuvugana Brazil na yo iri mu gihugu cy’Uburusiya.
Thiago Silva ari kumwe na bagenzi be.
Brazil
Neymar Jr yinjira muri Hotel.
Aha abakinnyi ba Brazil bari bakiri mu ndege.

Croatia na yo iri mu bihugu byamaze gusesekara mu Burusiya.
Aha abakinnyi ba Croatia buriraga indege ku kibuga cy’indege cya Belgrade berekeza mu Burusiya.
Mario Manzukich asohoka mu ndege.
Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yururuka mu ndege.
Antoine Griezman na bagenzi be barya aga Selfie.
Abafaransa.
Paul Pogba yururuka muri rutemikirere.
Umutoza Didier Des Champs yururuka.
Ikipe ya Iceland na yo yageze mu Burusiya.
Ikipe y’igihugu ya Maroc, Les Lions de l’Atlas na yo yageze mu Burusiya.
Maroc
Maroc

 

Ikipe y’igihugu ya Misiri na yo iri mu Burusiya.
Mohamed Salah na bagenzi be bururuka mu ndege.
Mohamed El Neny umwe mu nkingi za mwamba za Misiri.
Bakiri mu ndege.
Mo Salah.

Abakinnyi ba Panama na bo bageze mu Burusiya.

Ikipe y’igihugu ya Peru na yo iri mu Burusiya.
Peru yururuka mu ndege.
Aha bari bakiri iwabo.
Abanya Peru.

Christiano Ronaldo na Portigal na bo bari mu Burusiya.
Portigal
CR7.
Ricardo Quaresma.
Saudi Arabia na yo yagezeyo.

Abakinnyi ba Serbia bakiri mu ndege.
Abanya Serbia bururuka indege.
Ikipe y’igihugu ya Uruguay na yo iri mu Burusiya.
Diego Godin
Nyuma yo gukuramo umupira n’amaboko mu 2010, 2014 akaruma Georgio Chiellini, Suarez ashobora gukora andi nateka.
Ikipe y’igihugu ya Denmark na yo yageze muri Russia.
Abakinnyi ba Denmark basohoka mu ndege.

Abasuwisi na bo bageze mu Burusiya.

Ikipe y’igihugu ya Tunisia na yo yamaze gusesekara mu Burusiya.
Twitter
WhatsApp
FbMessenger