Amakuru

Itangazo rya polisi rigenewe abiyandikishije gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe ibizamini no gutanga impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, yatangaje igihe abiyandikishije baturuka mu Ntara ‘Amajyepfo, Amajyaruguru, Uburasirazuba n’Uburengerazuba bazakorera ibizanini.

Iritangazo rireba cyane abiyandikishije kuva mu kwezi k’Ukwakira, Ugishyingo n’Ukuboza , mu mwaka ushize wa 2021.

Soma itangazo

Twitter
WhatsApp
FbMessenger