AmakuruAmakuru ashushyePolitiki

Imwe mumyanzuro yafatiwe munama ya EAC Yayobowe na prezida w’u Rwanda Paul Kagame

Iyi nama yahuje abakuru bibihugu by’africa y’uburasirazuba – EAC yigaga kukibazo cy’abashoferi batwara amakamyo y’ambukiranya imipaka bajya bapimwa Coronavirus nibura buri byumweru niburi

Uyu numwe mumyanzuro yafatiwe muri iyi nama yahurije hamwe abakuru bibihugu by’africa y’uburasirazuba (EAC) yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga yitabirirwa na prezida w’u Rwanda prezida wa Kenya, prezida wa Uganda na prezida wa Sudani y’epfo.

Bimaze kandi kugaraga ko ubwandu bushya buri kuboneka muri iyi minsi busangwa mubashoferi.

U Rwada kandi rwafashe ingamba zirimo ko abashoferi batemerewe kurenga kumupaka ngo binjire mugihugu.

Abakuru bibihugu byombi bahuje kukuba guhanahana amakuru mugihe nk’iki cya Corona virus arinjyenzi cyane basaba abaminisitiri babishinzwe gushyiraho uburyo bwikoranabunga buhoraho bwo kugenzura abashoferi.

Aba bakuru b’ibihugu bishimiye ibiri gukora mu guhangana na corona virus mu karere.

Mu Rwanda harabarurwa abanduye Coronavirus 285, Uganda 122, kenya 700 sudani y’epfo 156.

 

Nyakubahwa Paul Kagame wayoboye inama

Twitter
WhatsApp
FbMessenger