Amakuru ashushye

Ijambo Perezida wa Repubulika yagejeje ku Banyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda abifuriza umwaka mushya

Nkuko bisanzwe bigenda kandi bikaba biri muri bimwe umukuru w’igihugu asabwa nkuko itegeko nshinga ribiteganya, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagejeje ku Banyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda ijambo risoza umwaka.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize ati: Banyarwanda Banyarwandakazi nshuti z’urwanda, dusoje umwaka kandi wagenze neza, twakwishyimira amatora twavuyemo kandi yagenze neza, reka uyu ube umwaka wo gukora kandi cyane kugirango tubashye kwiteza imbere, mu mutekano nubwo abagizi ba nabi bashakashaka buri munsi aho banyura ngo bahungabanye umutekano ariko ntaho bamenera ahariho hose, mbifurije umwaka mushya muhire dutangiye wa 2018.”

Mu gusoza umwaka , saa sita zuzuye mu mujyi wa Kigali baturikije urufaya rw’urumuri ahantu hatatu ni Kimihurura, Rebero no kuri Mont Kigali.

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger