Amakuru ashushyeImikino

Hatekimana Bonaventure Gangi nawe Yitabye Imana

Nyuma y’uburwayi  bwigihe kirekire  amaze  afite  mubitaro Amis  des Bebe byo mukarere ka  Rubavu  umukinnyi ruranguranwa  Binaventure  Hategekimana Gangi yitabye Imana akaba yaguye  mubitaro bya Kabutare  byatangiye ari  ikibyimba afite  ku ijosi  ari nacyo ahanini  cyatumye ahagarika  umupira w’amaguru

 

Ni muri ikigitondo  tariki 15 ugushyingo  hasohotse  inkuru  ebyiri  zitari nziza  kubanayarwanda  kurupfu rwa Hategekimana Gangi  na Katouti umutoza  wa Ryon Sports ko bitabye Imana kumunsi  umwe  ni agahinda namarira kubakunzi  ba Ruhago n’abanyarwanda muri  Rusange dore  ko aba bagabo babiri  bakiniye ikipe  y’igihugu Amavubi imyaka  irari mikeya

 

Gangi yanyuze mumakipe menshi atandukanye nka Atraco,Rayon Sports,Kiyovu Sports Marine Fc ndetse Nandi menshi dore ko bivugwa ko  ari mubanyarwanda  bakiniye  mumakipe  menshi  hano  u Rwanda

Gangu yabarizwaga  mukarere ka Rubavu  aho yarari kwimenyereza  umwuga  w’ubutoza  muri Marine FC  uretse ko bitamworeheye   kubera yagiye yibasirwa n’uburwayi bwa hato na hato

Image result for hategekimana bonaventure

Twitter
WhatsApp
FbMessenger