AmakuruImyidagaduro

Harmonize umaze igihe yinginga uwahoze ari umukunzi we ngo basubirane yagaragaje amafoto barikumwe bambaye ubusa

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali wamamaye nka Harmonize uri mu bakunzwe ku mugabane w’Afurika by’umwihariko muri Afurika y’Uburasirazuba nyuma y’igihe yari amaze yingingira uwahoze ari umukunzi we ngo basubirane yagaragaje ko byaciyemo.

Uyu muhanzi wemeye gukoresha imbaraga ze zose zishoboka ngo yongere kwigarurira umutima wa Kajala Farida Masanja yashyize hanze amafoto bombi bambaye ubusa hejuru bigaragaza ko bari mu munyenga w’urukubdo.

Bamwe mu bakunzi babo bavuganko bigaragara ko ntakindi urukundo rwabo rugaragaza konrushingiyeho uretse umunyenga wo mu gitanda gusa hadhingiwe kuri aya mafoto bahise bashyira hanze mu gihe gito cyane basubiranye.



Ni mugihe aba bombi bo bakomeje gushaka uko barushaho kubana neza bihabanye n’ukonbigeze kubana mu gihe cyashize.

Aba bombi urukundo rwabo rwamenyekanye Muri Gashyantare 2021 ubwo Harmonize yatangaje ko ari mu rukundo na Kajala Farida Masanja, ariko urukundo rwabo ntirwatinze kuko mu Ugushyingo 2021 uyu muhanzi yahise atangaza ko batandukanye ndetse ahita yerekana undi mukobwa w’Umunya-Australia bari mu rukundo nawe baherutse gutangukana bavuga ko bananiwe kumvikana aho batura.

Bivugwa ko gutandukana kwa Harmonize na Kajala byatewe nuko uyu muhanzi yashatse kuryamana n’umwana w’uyu mugore. Amakuru yasohotse yavugaga ko Harmonize yari amaze iminsi yohereza Paula umukobwa wa Kajala amafoto y’urukozasoni akamubwi n’amagambo aganisha ku kuryamana.

Kuva Harmonize yatandukana n’umunya Australia ntahwema kugaragaza ko yifuza Kajala Farida Masanja wahoze ari umukunzi we aherutse kumugurira imodoka iri mu bwoko bwa Rava4 yigeze no gukoresha icyapa kiriho ifoto yabo bari kumwe imanikwa mu mujyi mu rwego rwo gusaba imbabazi.

Inkuru yabanje

Harmonize yaguriye imodoka ebyiri uwahoze ari umukunzi we bamukekaho kumushakaho urundi rukundo(Amafoto)

Twitter
WhatsApp
FbMessenger