AmakuruImyidagaduroUrukundo

Grand P wigondeye umukobwa w’ikuzubazuba ufite amataye yajyanwe mu bitaro nyuma yo kwicarirwa n’umukunzi we(Amafoto)

Wa muhanzi wo mu gihugu cya Guinea witwa Grabd P, wigondeye umukobwa w’ikizubazuba ufite amataye manini yajyanwe kwa muganga kubera umukunzi we ubyibushye cyane yamwicayeho ku bibero bigatuma amatako ye acyebana, maze ntabashe kugenda .

Grand P, yamamaye muri Afurika nyuma y’aho avuzwe mu rukundo n’umukobwa w’ikizungerezi, ubyibushye bitangaje witwa Eudoxie Yao, aba bombi inkuru yabo y’urukundo yakwirakwiriye mu bitangazamakuru bitandukanye no ku mbuga nkoranyambaga, hamwe bavuga ko ari couple ihabanye cyane mbese itaberanye.


Grand P umukunzi we yamwicariye amatako ahita acyebana

Inkuru ya Dailycroc ivuga ko Grand P yacyebanye amatako ari kwishimana n’umukunzi we, Eudoxie Yao yicaye ku matako ya Grand P , mu kumwicaraho byasigiye imvune uyu muhanzi Grand P aho yananiwe guhaguruka ngo abe yabasha kugenda, biba ngombwa ko ajywanwa mu bitaro bya Metro muri Guinea.

Grand P yatewe Serumu ku mpanuka zatewe n’umukunzi we wamwicariye

Eudoxie Yao na Grand P, bari bamaze igihe urukundo rwabo rwajemo agatotsi baratandukanye, mu minsi ishize bongeye kwiyunga ubu bakaba bari mu munyenga w’urukundo.

Urukundo rwabo rwavugishije imbuga nkoranyambaga.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger