Urukundo

Dore ibintu 4 bizakwereka ko umukunzi wawe aryoshya akabariro

Abagabo benshi n’abagore babo baba bifuza gutera akabariro bakanyurwa cyane ku buryo bwimbitse kuko akenshi usanga aricyo gikorwa kirushaho gushyigikira umubano wabo.

Ibi bintu uko ari 4 ubibike ahantu wizeye niba ushaka kumenya ko umukunzi wawe aryoshya akabariro.

1. AZI GUSOMANA CYANE: Niba umukunzi wawe azi gusomana cyane, menya ko afite n’ubushobozi bwo kuba yaryoshya akabariro.



2. AFITE UBUHANGA MU KUGANIRA: Umukobwa uzi kuganira ku buryo bunyuze, uwo mukobwa aba azi no gusomana neza kuko aba azi kuganira cyane. Ntabwo yifata arirekura cyane.

3. ITEKA ABA ASHAKA KUMENYA IBINTU BISHYA: Mu magambo ye cyangwa mu bikorwa bye ujya ubona ashaka kugerageza utuntu dushya. Mwaba muri kumwe cyangwa mutari kumwe, uyu mukobwa uzabona ko ashaka kwiga cyane. Niba ubona akunda kwiga no kumenya ibintu bishya menya ko azi neza uko batera akabariro, yarabyize cyane.

4. AKORA IMYITOZO NGORORA MUBIRI CYANE: Akenshi umukobwa ukora imyitozo aba azi no kwitwara neza mu buriri kuko akunda kwiyitaho cyane.

Ibi kimwe n’ibindi uzi tutavuze muri iyi nkuru bizagufasha kumenya neza ko umukunzi wawe azagufata neza ndetse aguhereze ibyishimo wahoze urota na mbere hose.

Src: Opera News

Twitter
WhatsApp
FbMessenger