AmakuruImyidagaduro

Bruce Melody ari mu Bufaransa

Muri iyi minsi Bruce Melody ari kubarizwa ku mugabane w’Uburayi aho ari gukorera ibitaramo binyuranye yatumiwemo. Uyu muhanzi wataramiye mu Bubiligi tariki 9 Werurwe 2019 yiteguye gutaramira mu Bufaransa kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Werurwe 2019 aho azataramana na Makanyaga Abdoul.

Bruce Melody uri mu myiteguro ye ya nyuma ngo ataramire abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda zituye i Paris, ni ubwa mbere araba ataramiye muri iki gihugu cya Emmanuel Macron.

Bruce Melody arafatanya na Makanyaga muri iki gitaramo agiye gukorera i Paris
Yifotoreje ku munara ufatwa nk’ikirango cy’u Bufaransa

Twitter
WhatsApp
FbMessenger