AmakuruImyidagaduro

Bebe Cool yahishuye impamvu atakoze ubukwe n’igihe azabukorera

Umuhanzi Bebe Cool ukomeye muri Uganada yavuze ko gusezerana byazitirwaga no kubaka ejo heza h’abana be, anahishura ko noneho bazakora ubukwe mbere y’amatora y’umukuru w’igihugu atagenwa kuba mu mwaka wa 2021.

Urukundo rwa Bebe Cool n’umugore we  rumaze imyaka 20 yose rushinze imizi ikomeye.

Musa Ssali waryubatse nka Bebe Cool mu muziki, abenshi bamwita Big size ni umwanditsi w’indirimbo, umuririmbyi, umukinnyi w’ama filme, akaba n’utunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi.

Bebe Cool yatangiye gukora umuziki mu gihugu cya  Kenya muri 1997 ari mu bahanzi bakoranye n’inzu ifasha abahanzi izwi nka Ogopa DJs,yari igezweho mu bihe byatambutse muri iki gihugu.

Yageze aho akorera umuziki muri Uganda nk’igihugu yavukiyemo atangira kwamamare cyane kuva muri 2003.Akora umuziki wibanda mu injyana yareggae na raggawatumye yamamara hirya no hino ku isi kubera indirimbo nka “Love You Everyday”, “Wasibuka wa”n’izindi nyinshi.

Umuziki yakoze umaze kumuhesha ibihembo 26 birimo ibya Pearl  of Africa music Awards, Channel O Music Video Awards, HiPipo Music Misic Awards, Abryanz Style and Fashion Awards na All Africa Music Awards.

Benshi bahoraga bibaza igihe azakorera ubukwe, mu kiganiro kuri Televiziyo imwe yo muri Uganda yavuze ko ubu noneho igihe kigeze ngo nawe akore ubukwe.

Ati”Zuena yanyihanganiye igihe kirekire, narimpugiye mu kubaka ejo heza habana babjye ariko ubu noneho byose biri ku murongo.Mbasezeranije ko nzakora ubukwe mbere ya 2020”.Yavuze ko azakora ubukwe bw’agatangaza buzahura n’inzozi z’umugorewe Zuena bakundanye imyaka 20.Bafitanye abana bane,Alpha, Beata, Caysanndetse naDeen

Urukundo rwabo rumaze imyaka 20

Musa Ssali waryubatse nkaBebe Cool mu muziki, abenshi bamwita Big size.n’umwanditsi w’indirimbo, umuririmbyi, umukinnyi w’ama filme, akaba n’utunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi.Yatangiriye gukora umuziki muri Kenya 1997 ari mu bahanzi bakoranye n’inzu ifasha abahanzi inzwi nka Ogopa DJs,yari igezweho mu bihe byatambutse muri iki gihugu.

Yageze aho akorera umuziki muri Uganda nk’igihugu cye atangira kwamamare cyane kuva muri 2003.Akora umuziki wibanda mu injyana yareggaenaraggawatumye yamamara hirya no hino ku isi kubera indirimbo nka “Love You Everyday”, “Wasibuka wa”n’izindi nyinshi.

Umuziki yakoze umaze kumuhesha ibihembo 26 biromo ibya Pearl of Africa music Awards, Channel O Music Video Awards, HiPipo Music Misic Awards, Abryanz Style and Fashion Awards na All Africa Music Awards.Benshi bahoraga bibaza igihe azakorera ubukwe, mu kiganiro kuri Televiziyo imwe yo muri Uganda yavuze ko ubu noneho igihe kigeze ngo nawe akore ubukwe.

Ati”Zuena yanyihanganiye igihe kirekire, narimpugiye mu kubaka ejo heza habana babjye ariko ubu noneho byose biri ku murongo. Mbasezeranije ko nzakora ubukwe mbere ya 2020”.Yavuze ko azakora ubukwe bw’agatangaza buzahura n’inzozi z’umugorewe Zuena bakundanye imyaka 20.Bafitanye abana bane,Alpha, Beata, Caysanndetse naDeen

Twitter
WhatsApp
FbMessenger