Amakuru ashushyeImyidagaduro

Abitabiriye iserukira muco ry’urwenya bishimiye Comedy Knights

Itsinda rimaze kwamamara hano mu Rwanda ndetse no mu karere kiburasirazuba Comedy nights ryazanye agashya mu Rwanda bategura iserukira muco ryo gusesta mugihe bitari bimenyerewe hano mu Rwanda. Iserukira muco ryakomeje ku musi waryo wa 2.

Iri tsinda rya Comedy Knights rikaba ryaratangiye iri serukiramuco mpuzamahanga kuwa 4, tariki 02 Ugushyingo rikaba rizamara iminsi itatu. Ku munsi waryo wa mbere ,iri serukira muco rizajya riba mu ndimi 3 arizo I kinyarwsanda ,icyongereza, ndetse nigifaransa, kwikubitiro ryabaye mu kinyarwanda .

Uyu mwuga wo gusetsa umaze kwigarurira imitimaya benshi Comedy Nights ifatanyije numuterankunga wayo BRALIRWA bazajya bategura iserukira muco ribe buri mwaka .

Iri serukira muco ryitabiriwe n’ibyamamare mu gusetsa abantu , Michael w’umunya Guinee na Oumar Manet 

Babou yavuze neza i gifaransa
abakobwa bitabiriye iri serukira muco

Photo: Lewis

Twitter
WhatsApp
FbMessenger