AmakuruAmakuru ashushye

Abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda bahawe andi mahirwe, reba ibisabwa

Kuri uyu wa Gatanu taliki 15 Ukwakira Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyahaye rugari Abanyarwanda bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu ku rwego rw’abasirikare bato.

Kwiyandikisha byatangiye kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira kugeza ku wa 21 Ukwakira, bikaba biri gukorerwa ku rwego rw’imirenge.

Abiyandikisha ni abasore n’inkumi bujuje ibi bikurikira:

Abiyandikishije bazakora ibizamini by’ijonjora kuva ku wa 22 kugeza ku wa 31 Ukwakira 2021, saa mbiri za mu gitondo aha hakurikira:

Iri tangazo mushobora kurisoma kandi ku rubuga rwa Minisiteri y’Ingabo www.mod.gov.rw.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger