AmakuruImyidagaduro

Abasore bakorakoye Zodwa Wabantu uzwiho kubyina yambaye ubusa bibabaza abagore(Video)

Umubyinnyikazi Zodwa Wabantu wamamaye cyane mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera imibyinire ye idasanzwe akunze kugaragaza yiyambika ubusa,yakorakowe n’abasore bibabaza abagore bagenzi be.

Uyu mukobwa yakoze ku mitima y’abagore bagenzi be, nyuma y’amashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga agaragara abyina abasore bamukorakora ku kibuno no ku matako, bavuga ko bidakwiye ku mwari nk’uyu umaze kugira izina rikomeye.

Uyu mukobwa yabyinaga yambaye nk’uko asanzwe yiyambika ariko asa nukenyeye agatambaro kumukara gatwikiye akenda k’imbere, urubyiruko rw’abbasore bari bitabiriye iki gitaramo bagendaga bagakurago bakamukorakora ku kibuno hose.

Bamwe mu babonye aya mashusho banenze cyane uyu mukobwa, bavuga ko imyitwarire ye ku rubyiniro atari myiza ndetse ko ntacyo imariye urubyiruko rukeneye gutera imbere.

Ni mugihe hakunze kumvikana amajwi amunenga kukuba akunda kwiyambika ubusa imbere y’imbaga, ariko we ibi ntabikozwa kuko avuga ko ari byo bimutunze.

Mu bagize icyo bavuga kuri aya mashusho, bamwe bavugaga ko abashinzwe umutekano mu bitaramo bakwiye guhagurukira ibikorwa nk’ibi kuko bigaragara ko abafana bahohoteye uyu mukobwa ubwo uyari ku rubyiniro.

Ubwo uyu mukobwa yakorakorwaga n’abasore, ntakintu nakimwe yigeze akora kigaragaza ko atabikeneye kuko we yarushagaho kubiyegereza kugira bamukoreho neza.

Zodwa Wabantu azwiho kubyina yiyambika ubusa

Amashusho agaragaza uyu mukobwa akorakorwa n’abasore

Twitter
WhatsApp
FbMessenger